Our parents,.....yeah eyeeee
Nos parents,...... yeeeelee
Papa na maman.......... Karame!!,
Let me tell you......Yego!!
Muranyumva...... Yego!!! Cyane...
Ishimwe ni iryanyu,
Good parents
Papa na Maman icyubahiro ni icyanyu.
Nabitura iki papa ?,
Nabitura iki Maman ?,
Imana itanga Umugisha,
Ndayisabye , yumve ishimwe ryanjye.
Umugisha ni uwanyu papa na maman muri beza.
Umugisha ni uwanyu.
Que Dieu vous bénisse, chers parents,
Nos parents.
Papa na maman.......... Karame!!
Let me tell you......Yego!!
Muranyumva...... Yego!!! Cyaane...
Kuva njye nkiri munda ya maman,
papa , wowe
papa wabaye hafi cyane maman, waramutetesheje, cyane kugirango, Adaahuuga maze ngaahuungabana,..
Nyuma yo kuvuuka si mwantereranye, ishimwe ni iryanyu,
Mon parents. Que Dieu te bénisse.
Ishimwe ni iryanyu,
Papa na maman icyubahiro ni icyanyu.
Nabitura iki Papa?
Nabitura iki Maman?,
Imana itanga Umugisha,
Ndayisabye , yumve ishimwe ryanjye.
Yumve isengesho ryaanjyeeeee
Umugisha ni uwanyu.
Umugisha ni uwanyu
Good parents. Good parents
Que Dieu vous bénisse, chers parents, Nos parents.
Papa na maman.......... Karame!!,
Let me tell you......Yego!!
Muranyumva...... Yego!!! Cyane...
Ubu narakuuze mbikesha
Mweebwe papa na maman muri beza,
Urukundo mwakuundanye,
Nzarukurikiza, nzarukurikiza
Urwo mwankuunze ndarubiiituye,
Imana ibahe Umugisha,
ntacyo mfite nabaha papa.
Ntacyo mfite nabaha maman.
Gusa ndanyuzwe kuko mbafite.
Ishimwe ni iryanyu,
Papa na maman icyubahiro ni icyanyu.
Nabitura iki papa?,
Nabitura iki Maman?,
Imana itanga Umugisha,
Ndayisabye , yumve isengesho ryanjye.
Umugisha ni uwanyu Wazazi wazuri.
Wazazi wazuri
Umugisha ni uwanyu wazazi wazuli.
Que Dieu vous bénisse, chers parents, Nos parents.
Papa na maman.......... Karame!!,
Let me tell you......Yego!!
Muranyumva...... Yego!!! Cyane...
Uyumunsi ni uwacu,
Papa , Maman
Uyumunsi ni mwe tuwukesha muri beza,
Muduhaye urugo ruhire,
Ubukwe ni ibiirori byiza.
Mwashiimye urukundo rwacu twembi,
none muradushigikiye
Muri beza ni ukuri. Uyumunsi turi umuryango umwe wazazi wazuli.
Imana ibahe Umugisha wazazi
Sifa ni zenu,
Wazazi, heshima ni yenu.
Nitawapa nini wazazi,
Nitawapa nini wazazi,
Imana itanga Umugisha,
Ndayisabye , yumve ishimwe ryanjye.
Umugisha ni uwanyu dady and mamy.
Umugisha ni uwanyu wowe papa na maman.
Que Dieu vous bénisse, chers parents,
Mon parents.
Ndashimye, papa turashimye..... Maman mwiza..
Ndashimye, papa turashimye..... Maman mwiza..,.,.....
Mungu awabariki nyote bila kukoma.